Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Ukwo imyaka ihera nikwo ibintu bihinduka, abantu bagahindura ingendo mu buzima bwabo bwa minsi yose mu vyo bakora no muvyo bagendera nyene. Mu gihe twari tumenyereye ko umusore n’inkumi bakundanye...
2 Reactions
3 Replies
162 Views
Ifumbire ikorwa mu myanda iva mu mujyi wa Huye ishimwa cyane n'abahinzi, ariko ku giciro cyayo si benshi bashobora kuyigondera Bamwe bayifata nk’ikibazo kibangamiye ubuzima ariko abandi...
0 Reactions
0 Replies
218 Views
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yashimagije amakipe ya Simba Sports Club na Young Africans yo mu gihugu cye, nyuma yo gusezererwa muri ¼ cy’irangiza cya CAF Champions league. Young...
0 Reactions
1 Replies
186 Views
Umuvugizi wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yanyomoje amakuru yavugaga ko ku Cyumweru yari i Kigali aho yari yitabiriye umuhango wo kwibuka ku...
0 Reactions
0 Replies
99 Views
YANDITSWE NA DENIS NSENGIYUMVA Yahanganye n’amarangamutima ye, ariko nyuma y’igihe, akuruwe n’ubwenge, indero n’ubuhanga bya Absa, Bassirou Diomaye Faye byarangiye akunze umunyeshuri we. Absa...
0 Reactions
0 Replies
144 Views
YANDITSWE NA BABOU BÉNJAMIN Umuryango wa SADC watangaje ko abasirikare bane bawo bari mu bo wohereje kurwanya umutwe wa M23 biciwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko ikigo...
0 Reactions
0 Replies
107 Views
Kubana ni ikintu cy’agaciro mu buzima. Buri wese yifuza kubona inshuti nziza babana ariko ntibyoroha kuko ahanini tutabigiramo uruhare bitewe n’ububabashaka buke dufite nk’ikiremwamuntu. Ni byo...
0 Reactions
0 Replies
96 Views
Ingo nyinshi zo muri iyi minsi zisigaye zihama ari hamana ku buryo hari n’abasezerana kubana bagatandukana batarabyarana umwana n’imwe. Akenshi ibi biterwa no kudahuza kwa hato na hato...
0 Reactions
0 Replies
147 Views
Ikiganiro ca Perezida Kagame n’abanyamakuru kibaye gikurikira umunsi watangirijweho icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ikiganiro cyitabiriwe n’abanyamakuru...
2 Reactions
1 Replies
246 Views
Imyaka 30 turiho Imyaka 30 tuticwa Imyaka 30 tudahigwa Imyaka 30 tutanyagwa Imyaka 30 tubone ubuzima Imyaka 30 tubonye umucyo Imyaka 30 tubonye u Rwanda Imyaka 30 mu Rwanda rw’ineza Imyaka 30 mu...
1 Reactions
0 Replies
106 Views
U Rwanda rugiye kuzana abaganga bo muri Cuba, bazajya bavura bakanigisha abakora mu buvuzi mu kurushaho kuzamura umubare w’abakora muri urwo rwego. Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu mezi atatu...
0 Reactions
0 Replies
71 Views
Ni iki cyaba kihishe inyuma y'ibi: Mu kwezi kwa 3, byavuzwe ko hari toni zigera ku 1500 z'umuceri zari zakuwe mu gihugu cya Tanzania,kugira ngo ucuruzwe mu Rwanda. Nyuma y'uko uwo muceri ugera mu...
9 Reactions
55 Replies
3K Views
Mu kwezi kwa kane umugabo duturanye bamutemeye inka yahawe na FARG , binkora k'umutima mpiga umuhigo wo kuzamufasha kubona indi , inshuti ziranshyigikira none k'umugoroba nyuma ya Bigogwe...
0 Reactions
0 Replies
79 Views
Nubwo umugabo afite uburenganzira bwo guhabwa ibimunezeza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ntibikwiye ko ategeka umugore uburyo bwo kwitwara. Kenshi hari abagore bakora amakosa yo kureka...
0 Reactions
0 Replies
133 Views
Jean de Dieu Tuyizere Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 8 Mata 2024 yakiriye Bill Clinton wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku ngingo zirimo intambara ibera mu burasirazuba...
1 Reactions
0 Replies
99 Views
Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda ku Isi yose, bifatanyije n’u Rwanda mu muhango udasanzwe wo gutangira icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umuhango witabiriwe...
6 Reactions
35 Replies
1K Views
Reba amafoto y’abakobwa
0 Reactions
1 Replies
72 Views
Imibare y’abantu bigeze gushaka byagaragaye ko ari 6,5%, barimo 4,6% bapfakaye, 1,7% batakibana ku mpamvu zinyuranye, naho 0,2% bahawe gatanya. Icyo cyiciro cyiganjemo abagore (10,7%) kurusha...
0 Reactions
1 Replies
84 Views
Eric Nkuba Shebandu w’imyaka 52 y’amavuko ku wa Gatatu taliki 05, Mata, 2024 yeretswe itangazamakuru rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’ifatwa rye ryabaye muri Mutarama, uyu...
1 Reactions
2 Replies
415 Views
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 06, Mata, 2024 umugaba mukuru w’ingabo za Repubulika ya Tchèque witwa Lieutenant General Karel Řehka n’abagize itsinda rye bahuye na muganzi we uyobora iz’u Rwanda...
0 Reactions
1 Replies
174 Views
Back
Top Bottom