Umugaba W’Ingabo Za Tchèque Yaganiriye Na Mugenzi W’Iz’u Rwanda

Igihe

Member
Apr 7, 2024
19
15
GKgOmx0XcAAZka4-scaled.jpeg

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 06, Mata, 2024 umugaba mukuru w’ingabo za Repubulika ya Tchèque witwa Lieutenant General Karel Řehka n’abagize itsinda rye bahuye na muganzi we uyobora iz’u Rwanda General Mubarakh Muganga baganira uko impande zombi zikomeza gukorana.

Umugaba w’ingabo za Tchèque kandi yaganiriye na Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Juvénal Marizamunda

Gen Řehka yavuze ko yaje mu Rwanda cyane cyane mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda n’isi mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
3.jpg
Bagiranye ibiganiro by’ubufatanye mu bya gisirikare
Yunzemo ko mu biganiro yagiranye na mugenzi we uyobora ingabo z’u Rwanda bibanze mu gusuzumira hamwe ibice by’ubufatanye mu bya gisirikare babona byakongerwamo imbaraga.
6.jpg
Yaganiriye na Gen Muganga
7.jpg
Yakiriwe kandi na Minisitiri w’ingabo Juvenal Marizamunda
 
GKgOmx0XcAAZka4-scaled.jpeg

Kuri uyu wa Gatandatu taliki 06, Mata, 2024 umugaba mukuru w’ingabo za Repubulika ya Tchèque witwa Lieutenant General Karel Řehka n’abagize itsinda rye bahuye na muganzi we uyobora iz’u Rwanda General Mubarakh Muganga baganira uko impande zombi zikomeza gukorana.

Umugaba w’ingabo za Tchèque kandi yaganiriye na Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Juvénal Marizamunda

Gen Řehka yavuze ko yaje mu Rwanda cyane cyane mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda n’isi mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
3.jpg
Bagiranye ibiganiro by’ubufatanye mu bya gisirikare
Yunzemo ko mu biganiro yagiranye na mugenzi we uyobora ingabo z’u Rwanda bibanze mu gusuzumira hamwe ibice by’ubufatanye mu bya gisirikare babona byakongerwamo imbaraga.
6.jpg
Yaganiriye na Gen Muganga
7.jpg
Yakiriwe kandi na Minisitiri w’ingabo Juvenal Marizamunda
Mbombo ngafu
 

Similar Discussions

Back
Top Bottom