Amakuru ava mu karere ka Nyanza, aravuga ko SP Eugene MUSONERA wari District Police Commander(DPC) kuri ubu afunze akurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri aka Karere ka Nyanza yari abereye DPC!
Aya makuru avuga ko SP MUSONERA uvuka muri Nyanza, mu murenge wa...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Mata 2024, yemeje ko abantu bemerewe gukorera uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe ibinyabiziga bya “automatique”.
Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X yatangaje ko “hashingiwe ku myanzuro...
Abaturage bavuga ko bategetswe kurandura ibishyimbo biteze
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe baravuga ko Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze bwabategetse kurandura ibishyimbo biteze bubabwira ko imirimo yo kubaka ikibuga cy’umupira w’amaguru igiye gutangira.
Abo...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye Israel ko nigerageza kugaba ibitero kuri Iran, mu buryo bwo gusubiza ubutegetsi bwa Tehran ku bitero bwagabye kuri Israel, izabaga ikifasha kuko Washington itazigera itanga ubufasha muri ibyo bikorwa.
Mu ijoro ryo ku wa 13 rishyira ku wa 14 Mata 2024...
Umugabo wo mu Karere ka Gicumbi, mu Murenge wa Bwisige, witwa Dusabimana Joseph yaranduye imigozi y’ibijumba ya Mubyarirehe Ashilaf na Mukagatsinzi Claudine warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, anamubwira amagambo amukomeretsa.
Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Mata...
Ubuyobozi bw’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO, bwazisabye kuva mu bice byegereye ibirindiro by’umutwe witwaje intwaro wa M23.
Nk’uko ibiro ntaramakuru AFP byabitangaje kuri uyu wa 8 Mata 2024, izi ngabo zahawe...
Ni iki cyaba kihishe inyuma y'ibi:
Mu kwezi kwa 3, byavuzwe ko hari toni zigera ku 1500 z'umuceri zari zakuwe mu gihugu cya Tanzania,kugira ngo ucuruzwe mu Rwanda.
Nyuma y'uko uwo muceri ugera mu gihugu, byavuzwe ko utujuje ubuziranenge, aho byavugwaga ko umenetse ku kigero cya 55%.
Byaje...
Buri tariki ya 7 Mata, guhera mu mwaka w'1995, ni umunsi ngaruka mwaka wahariwe kwibuka inzirakarengane z'abanyarwanda,bishwe urw'agashinyaguro bazira uko bavutse.
Uyu munsi, ni ku nshuro ya 30, u Rwanda rwibuka ibihe bikomeye rwanyuzemo,nyuma rukiyubaka.
Muri uyu muhango watumiwemo...
Ni tumaini langu wote wazima.
Naandika uzi huu kwa ombi la msaada. Kwa kweli, mambo yameniendea ovyo, nikiwa jijini Dar es Salaam.
Kazi ilisimama, katika kusaka nyingine, kodi ya nyumba ikaisha nikiwa sina kitu.
Hapo nyuma, familia nayo inanitegemea kwa kila kitu.
Kiukweli, ukilinganisha...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.