Waba warigeze uryamana n'umukobwa/ umugore bigezo(utari wabiteguye)?

Twin_Kids

JF-Expert Member
Feb 25, 2016
3,071
4,647
Dusangize inkuru yawe, gusa ujye unibuka ko niba byakubaho,hari uko ukwiye kubigendamo.

Kenshi,mu isi ya none,byaragaragaye ko hari abantu bakorana imibonano mpuzabitsina n'abantu bataziranye,cg se abo baziranye ariko badafitanye umubano uganisha ku kuba bakorana icyo gikorwa.

Ibyambayeho njye.

1. Igihe kimwe,nari mu rugendo rurerure mu gihugu cy'abaturanyi. Ni urugendo rutwara amasaha atari munsi ya 14. Tumaze kugenda amasaha nk'3,ku ntebe nari nicayeho mu mwanya w'inyuma rwose,nari nicaranye n'umukobwa mwiza cyane,witandiye imyambaro y'abasiramukazi.

Narahindukiye ndamusuhuza,mubaza aho ajya,nsanga dufatanyije urugendo.
Mu masaa sita(ubwo twahagurutse saa kumi mu rukerera),twageze aho abagenzi bashobora gufatira amafunguro. Namusabye ko yaza tukajya kurya,ariko arabyanga. Si uko atari ashonje,ahubwo yari amasoni. Muha amafaranga aragenda agura ibyo we yumvaga ashaka,urugendo rurakomeza.

Byagiye kugera nimugoroba,gahunda twamaze kuyuzuza,ko aho tuviramo turi bubanze tukiha akabyizi,tukabona gukomeza. Ni ko byagenze. Tuvuye mu modoka tubaza umumotari ahari lodge,arahatugeza.
Uyu mukobwa,yari mwiza pe,ubyumve uko.

Gusa,igisekeje,akimara gukuramo imyenda,nasanze afite amabere aruta aya nyogokuru kuryama. Mbega yabaye nka kamambili zo muri lodge nyine. Nabikoze nk'umuhango,nicuza amafaranga yange nangije, ntitwongeye kubonana ukundi.

2. Rimwe ndi muri Hotel ahantu,nari mazemo iminsi,ni uko ndi kwitegura kujya mu kazi kari kanjyanye,ni ko hinjira umukobwa ukora amasuku, bigezo nti mpobera ati worosoye uwabyukaga,mu minota itarenze 2 gahunda yari ibaye porogaramu. Amata abyara amavuta gutyo.

Utundi nzatubabwira ubundi.

Icyitonderwa: iyi mikino irazira ku bana bari munsi y'imyaka 18, n'abakiri ku ntebe y'ishuri.
 
Back
Top Bottom